• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Ubwanditsi 04 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 2 Mutarama 2016, shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bwongereza irakomeza hakinwa umukino ubanza mu mikino y’igice cya kabiri cya kabiri cya kabiri cya shampiyona nyuma y’aho ikino ibanza yarangiye Arsenal iri ku isonga n’amanota 39 mu gihe Aston Villa ari yo ya nyuma n’amanota 18.
-1622.jpg

Kuri uyu wa gatandatu, harakinwa imikino 5 aho West Ham yakira Liverpool ari zo kipe zibimburira izindi, mu mukino ubera ku kibuga cya Upton Park guhera ku isaha y’i saa munani n’iminota 45 ku isaha y’I Kigali.
-1623.jpg
Abashobora kubanzamo ku ruhande rwa Liverpoolni Simon Mignolet mu izamu, Nathaniel Clyne, Dejan Lovren, Mamadou Sakho, Alberto Moreno, Adam Lallana. Roberto Firmino, Emre Can, Lucas, Philippe Coutinho na Christian Benteke. Daniel Sturridge umaze iminsi ari mu mvune ntakina uyu mukino kuko umutoza we Jurgen Klopp asanga ko nubwo yakize atari yagera ku rwego rwo gukina ngo yitware neza.
Daniel Sturridge ntabwo ari bukine na West Ham.

Abashobora kubanzamoku ruhande rwa Westham United itozwa na … ni Adrian mu izamu, Aaron Cresswell, James Collins, Angelo Ogbonna, James Tomkins, Mark Noble, Alex Song, Manuel Lanzini, Cheikhou Kouyate, Michail Antonio na Andy Caroll.

Ikipe ya Arsenal iri ku mwanya wa mbere, ku kibuga cyayo Emirates Stadium, irakira New Castle.
-1624.jpg
Arsenal irakina ishaka kuguma ku mwanya wa mbere

Abashobora kubanzamokuri Arsenal ni Peter Cech mu izamu, Per Metersacker, Laurent Koscielny, Hector Bellerin, Calum Chambers, Nacho Monreal, Mesut Ozil, Theo Walcott, Aaron Ramsey, Joel Campbel ndetse na Olivier Giroud.

Ku ruhande rwa West Ham United hashobora kubanzamo: Robert Elliot mu izamu, Paul Dummett, Coloccini, Daryl Janmett, Chancel Mbemba, G. Wijnaldum, Check Tiote, Moussa Sissoko, Jack Colback, Ayoze Perez na A. Mitrovic.

Ku kibuga Old Trafford, Manchester United iri ku mwanya wa 6 n’amanota 30 irakira Swansea City iri ku mwanya wa 17 n’amanota 19.
Chris Smalling asanga ikipe ya Manchester United izitwara neza mu mwwaka wa 2016.
-1625.jpg
Abashobora kubanza mu kibugaku ruhande rwa Manchester United ni David De Gea mu izamu, Matteo Darmian, Chris Smalling, Phil Jones, Juan Mata, M. Schneiderlen, Ander Herrera, Daley Blind, Bastian Schwansteiger, Wayne Rooney na Antony Martial.

Ku ruhande rwa Swansea City ni Lukas Fabianski, Neil Taylor, Ashley Williams, Kyle Naughton, Jordi Amat, Gylfi Sigurdsson, Jack Cork, Jefferson Montero, Ki Sung-yueng, Andre Ayew, Bafetimbi Gomiz.
-1627.jpg
Mu yindi mikino iba ku isaha y’i saa kumi n’imwe, Leicester City irakira AFC Bournemouth, Norwich City yakire Southampton. Sunderland irakina na Aston Villa na ho Westbromwich Albion ikine na Stoke City mu gihe umukino wa nyuma wo kuri uyu wa gatandatu uhuza Watford iri bwakire Manchester City.

-1626.jpg

Sergio Aguero arabanza mu kibuga ku ruhande rwa Manchester City nyuma yo kuva mu mvune zitatumye akina imikino ihagije mu ibanza
Ku cyumweru, tariki ya 3 Mutarama 2016, hazaba imikino ibiri: Chrystal Palace izakina na Chelsea na ho Everton ikine na Tottenham.

Mu gihugu cya Esipanye, FC Barcelona irasura mukeba wayo basangiye umujyi, Espagnol Barcelona mu mukio uri butangire ku isaha y’I saa cyenda zuzuye.
Atletico Madrid irakina na Levante saa moya z’umugoroba mu gihe Real Madrid izasura ikipe ya Valencia ku cyumweru ku isaha y’I saa moya n’igice.

M.Fils

2016-01-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Usengimana yafashije APR FC gutsinda Bugesera FC ishyiramo amanota atandatu

Usengimana yafashije APR FC gutsinda Bugesera FC ishyiramo amanota atandatu

Ubwanditsi 13 Jan 2020
Perezida Kagame azafungura ku mugaragaro Stade Amahoro hakimwa umukino uzahuza APR na Police

Perezida Kagame azafungura ku mugaragaro Stade Amahoro hakimwa umukino uzahuza APR na Police

Ubwanditsi 30 Jun 2024
Ikipe ya Kiyovu Sports yatandukanye na rutahizamu wayo Ishimwe Kevin

Ikipe ya Kiyovu Sports yatandukanye na rutahizamu wayo Ishimwe Kevin

Ubwanditsi 29 Dec 2021
Kabishi mu bakinnyi bashya muri Mukura VS yasinyishije umunyarwanda wakinaga mu Burundi

Kabishi mu bakinnyi bashya muri Mukura VS yasinyishije umunyarwanda wakinaga mu Burundi

Ubwanditsi 23 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Police FC yaguye miswi na Marines FC, muri shampiyona y’isi, u Rwanda muri Sitting Volleyball y’abagore batsinze umukino wa kabiri
Amakuru

Police FC yaguye miswi na Marines FC, muri shampiyona y’isi, u Rwanda muri Sitting Volleyball y’abagore batsinze umukino wa kabiri

Ubwanditsi 06 Nov 2022
Umuhanzikazi Butera Knowless agiye gukorana indirimbo n’ umuhanzi ukomeye Ben Pol
SHOWBIZ

Umuhanzikazi Butera Knowless agiye gukorana indirimbo n’ umuhanzi ukomeye Ben Pol

Ubwanditsi 27 Feb 2018
IGP Felix Namuhoranye yakiriye amakipe ya Polisi ya Volleyball ayashimira umusaruro yagaragaje
Amakuru

IGP Felix Namuhoranye yakiriye amakipe ya Polisi ya Volleyball ayashimira umusaruro yagaragaje

Ubwanditsi 22 Nov 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru