• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»POLITIKI»Amashyaka PL na PSD mu nzira yo gutangaza abakandida babo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika?

Amashyaka PL na PSD mu nzira yo gutangaza abakandida babo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika?

Editorial 31 May 2017 POLITIKI

Mugihe bamwe mu bakandida bigenga bakomeje kugaragaza ubushake mu kwiyamamariza kuyobora u Rwanda, amakuru aturuka mu mashyaka PL na PSD aravuga ko kuri icyi cyumweru nayo ashobora gutanga umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.

Ishyaka PL ryasohoye ubutumire bugenewe abayoboke bayo kwitabira Congres idasanzwe y’ishyaka kuri iki cyumweru tariki ya 4 Kamena 2017. Muri Kigali Conference and Exhibition Village ( bakunze kwita Camp Kigali). Ishyaka rya PSD naryo riteganya congres y’ishyaka taliki ya 3-4 Kamena 2017

-6744.jpg

-6746.jpg

Ku basesenguzi, basanga PL iramutse itanze umukandida ataba Mukabalisa Donathila. Babihera ko Donathila ubu afite umwanya ukomeye muri Leta, nk’umuyobozi w’Inteko Ishinga amategegeko umutwe w’abadepite. Aho rero, kujya mu ruhando rwo gushaka amajwi, akenshi akunze kuza adashimishije, byatera ipfunwe ishyaka. Ariko na none, hakaba hari abavugwa ko bashobora kuba aribo baserukira ishyaka PL, nka Munyangeyo Theogene cyangwa Amb. Nsengimana Joseph.

Munyangeyo, babihera ko ari amaraso mashya, ni umusore ukizamuka, aramutse agize n’amajwi make ntawabimurenganyiriza. Naho Amb. Nsengimana we, ni inararibonye muri politiki, yatangiranye n’ishyaka, yakoze imirimo ikomeye irimo ubu minisitiri, Ambassaderi muri Loni, ubu akaba nta n’akandi kazi afite, ari mu kiruhuko. Uyu Amb. Nsengimana, aramutse abonye amajwi, yemwe niyo yaba yisumbuyeho, ntawe byatangaza, kandi ashobora no kuboneraho iteke yo kwinjira muri Sena.

Muri PSD ho, biragoye kugereranya. Ntawukuriryayo Jean Damascene kumusubizamo, Biruta ashobora kutabyemera, Lyambabaje, asa n’uwiyeguriye noneho ahagarariye za Kaminuza za East Africa, Minisitiri w’Intebe agiye kujyamo haba harimo gukubagana, Dr Ngabitsinze, ni umusore utaramenyekana, cyeretse abaye Ambasaderi Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Bubiligi cyangwa Depite Nkusi.

Ibyari byo byose urubuga rwa Politiki rugiye kuryoha cyane ko uyu mwaka habonetse abakandida benshi, dutegereje icyemezo kongere z’aya mashyaka zizafata nkuko amategeko abagenga abiteganya.

-6745.jpg

Urubuga rwa Politiki rugiye gushyuha

Cyiza Davidson

2017-05-31
Editorial

IZINDI NKURU

Abanyamerika bagaragaje ko Obama ariwe Perezida wabo w’ibihe byose

Abanyamerika bagaragaje ko Obama ariwe Perezida wabo w’ibihe byose

Editorial 15 Jul 2018
Trump yavuze ko ashobora gusohoka mu biganiro azagirana na Kim Jong bitarangiye

Trump yavuze ko ashobora gusohoka mu biganiro azagirana na Kim Jong bitarangiye

Editorial 19 Apr 2018
Nta terambere rishoboka bikozwe n’umuntu umwe kabone nubwo yaba Perezida-Kagame

Nta terambere rishoboka bikozwe n’umuntu umwe kabone nubwo yaba Perezida-Kagame

Editorial 13 Mar 2017
America Shouldn’t Enable Presidents-for-Life

America Shouldn’t Enable Presidents-for-Life

Editorial 25 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuvugizi wa ADEPR Bishop Sibomana ntafunze, nta n’amatora yo kumusimbura yabaye
ITOHOZA

Umuvugizi wa ADEPR Bishop Sibomana ntafunze, nta n’amatora yo kumusimbura yabaye

Editorial 06 May 2017
Muri Playoffs, Patriots yatsinze APR BBC imibare iba myinshi ku makipe yombi anganya imikino 2-2
Uncategorized

Muri Playoffs, Patriots yatsinze APR BBC imibare iba myinshi ku makipe yombi anganya imikino 2-2

Editorial 19 Sep 2024
Icyo  RDF  Ivuga ku cyifuzo cya Loni cyo kongera Ingabo zivuga Igifaransa
Mu Rwanda

Icyo RDF Ivuga ku cyifuzo cya Loni cyo kongera Ingabo zivuga Igifaransa

Editorial 29 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru