• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Ubwanditsi 26 Apr 2018 IMIKINO

Mu mukino w’ikirarane w’igikombe cy’Amahoro wa 1/8 wabereye i Rubavu, Etincelles yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1

Ni umukino utari wabashije kubera igihe, aho Rayon Sports yateguraga umukino wo kwishyura wa CAF Champions League n’ikipe ya Mamelodi Sundowns, umukino wabereye muri Afurika y’Epfo.

JPEG - 373.5 kb
Ikipe ya Rayon Sports yabanje mu kibuga
JPEG - 323.7 kb
Etincelles yabanje mu kibuga

Muri uyu mukino, ikipe ya Etincelles niyo yafunguye amazamu kuri Penaliti ku munota wa 19, yatsinzwe na Mugenzi Cedrick uzwi nka Ramires wahoze anakinira ikipe ya Rayon Sports.

Igice cya mbere cyarangiye bikiri igitego 1-1, igice cya kabiri kigitangira umutoza Ivan Minnaert wa Rayon Sports yahise akora impinduka, Manishimwe Djabel asimburwa na Ismailla Diarra naho Usengimana Faustin asimburwa na Mugisha Francois Master.

Ku munota wa 61, Rayon Sports yaje kwishyura igitego gitsinzwe na Shaban Hussein Tchabalala n’umutwe, kuri coup franc yari itewe na Eric Rutanga, umukino uza no kurangira amakipe yombi anganya igitego 1-1.

JPEG - 355.2 kb
Tchabalala wasimbutse agatsinda igitego n’umutwe

Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino

Muhire Kevin na Kassim Nzayisenga bishyushya mbere y'umukino

Muhire Kevin na Kassim Nzayisenga bishyushya mbere y’umukino

Kassim Nzayisenga wari wahawe amahirwe yo kubanza mu izamu, gusa aza kuvunika avamo umukino utarangiye

Kassim Nzayisenga wari wahawe amahirwe yo kubanza mu izamu, gusa aza kuvunika avamo umukino utarangiye

Manzi Thierry wari kapiteni wa Rayon Sports

Manzi Thierry wari kapiteni wa Rayon Sports

Abasifuzi bayoboye uyu mukino

Abasifuzi bayoboye uyu mukino

Ivan Minnaert hamwe n'umutoza we w'abanyezamu uzwi nka Nkunzingoma Ramadhan byavugwaga ko yamuhagaritse

Ivan Minnaert hamwe n’umutoza we w’abanyezamu uzwi nka Nkunzingoma Ramadhan byavugwaga ko yamuhagaritse

Habimana Youssuf wa Rayon Sports yari amezi agera ku munani yaravunitse, yongera gukina umukino wose aranawurangiza

Habimana Youssuf wa Rayon Sports yari amezi agera ku munani yaravunitse, yongera gukina umukino wose aranawurangiza

Umunyezamu wa Etincelles ubwo yatsindwaga igitego cyo kwishyura cya Rayon Sports

Umunyezamu wa Etincelles ubwo yatsindwaga igitego cyo kwishyura cya Rayon Sports

Ismaila Diarra hari ibyo atumvaga kimwe n'abakinnyi ba Etincelles

Ismaila Diarra hari ibyo atumvaga kimwe n’abakinnyi ba Etincelles

Ismaila Diarra yinjiye mu kibuga ajya gufatanya ubusatirizi na Christ Mbondi

Ismaila Diarra yinjiye mu kibuga ajya gufatanya ubusatirizi na Christ Mbondi

Ndayishimiye Eric Bakame yaje kujyamo asimbuye Kassim wavunitse

Ndayishimiye Eric Bakame yaje kujyamo asimbuye Kassim wavunitse

Muhire Kevin atanga umupira atahareba

Muhire Kevin atanga umupira atahareba

Eric Rutanga agerageza gutsinda n'umutwe

Eric Rutanga agerageza gutsinda n’umutwe

Umunyezamu wa Etincelles bamwihanangiriza kubera gutinza iminota

Umunyezamu wa Etincelles bamwihanangiriza kubera gutinza iminota

Abafana ba Etincelles baba ari benshi cyane

Abafana ba Etincelles baba ari benshi cyane

Manishimwe Djabel yaje gusimburwa igice cya mbere kikirangira

Manishimwe Djabel yaje gusimburwa igice cya mbere kikirangira

Shabban Hussein Tchabalala ukomeje gufasha Rayon Sorts kubona intsinzi

Shabban Hussein Tchabalala ukomeje gufasha Rayon Sorts kubona intsinzi

2018-04-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ibivugwa kuri Tuyisenge Jacques wari Kapitani wa mavubi muri CHAN

Ibivugwa kuri Tuyisenge Jacques wari Kapitani wa mavubi muri CHAN

Ubwanditsi 09 Mar 2016
APR FC  yatsindiwe na Djoliba muri Mali

APR FC yatsindiwe na Djoliba muri Mali

Ubwanditsi 08 Mar 2018
AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Aruba yegukanye igikombe cya FIFA SERIES mu itsinda B, itsinze Liechtenstein ku mikino wa nyuma

AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Aruba yegukanye igikombe cya FIFA SERIES mu itsinda B, itsinze Liechtenstein ku mikino wa nyuma

RUSHYASHYA 30 Mar 2026
Ibyanditswe k’umutoza Nshimiyimana Maurice ‘Maso’ ko ari muri Gicumbi byari ibinyoma

Ibyanditswe k’umutoza Nshimiyimana Maurice ‘Maso’ ko ari muri Gicumbi byari ibinyoma

Ubwanditsi 17 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame na Nyusi batanze icyizere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano atanu yasinywe
UBUKUNGU

Perezida Kagame na Nyusi batanze icyizere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano atanu yasinywe

Ubwanditsi 20 Jul 2018
Polisi yerekanye abakinnyi bashya n’ibikombe yatwaye mu mikino y’intoki  (Handball)
Mu Mahanga

Polisi yerekanye abakinnyi bashya n’ibikombe yatwaye mu mikino y’intoki (Handball)

Ubwanditsi 01 Aug 2016
Gikundiro ku ivuko, umunsi waranzwe n’umuganda ndetse n’umukino Rayon Sports yatsinzemo Nyanza FC igitego kimwe ku busa cya Moussa Camara
Amakuru

Gikundiro ku ivuko, umunsi waranzwe n’umuganda ndetse n’umukino Rayon Sports yatsinzemo Nyanza FC igitego kimwe ku busa cya Moussa Camara

Ubwanditsi 25 Sep 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru