• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Gusara ni ugushishikara: Kwa Thomas Nahimana bafite” minisitiri ushinzwe inzererezi” muri Leta y’inzererezi n’abazunguzayi.

Gusara ni ugushishikara: Kwa Thomas Nahimana bafite” minisitiri ushinzwe inzererezi” muri Leta y’inzererezi n’abazunguzayi.

Ubwanditsi 30 Aug 2024 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA, Mu Mahanga

Iyo ushiritse ubute ukumva amagambo y’itsinda ry’abasazi riyobowe na Thomas Nahimana, umupadiri warumbiye Imana n’Igihugu, usanga aba bantu ari abo gutabariizwa, kuko nta bindi binyabasazi basigaje inyuma.

Uyu Nahimana wiyita” Perezida wa Repubulika” yo mu buhungiro, kuri uyu wa gatanu yongeye gukora ibyo twagereranya no gutora amashashi, maze asakuma abagore n’abagabo barengeje igihe(expired) ati mbagize “abaminisitiri”!

Muri “leta” ya Nahimana iba mu ndoto ze gusa, yanashyizemo uwitwa” Odette Mukarukundo” ngo ushinzwe inzererezi n’abazunguzayi, maze abanyarwenya bati ahubwo iyo amwita “ushinzwe kwita kuri bagenzi be”, kuko abari muri iryo tsinda bose ari inzererezi zizunguza amagambo ngo ziramuke. Ni nko gufata
umusazi ukamushinga ibitaro by’i Ndera!

Nubwo tubyita ubusazi ariko, hari n’ababibonamo ubujura bwa Nahimana, kuko abo ashyira muri uryo kimamico rye ari abatagira ibirarane mu kumuhundagazaho amaturo!

Nyamara aba bantu bararoze si gusa! Ni uwuhe muntu muzima koko watanga ruswa ngo ashyirwe muri leta y’icyuka, nk’iya Nahimana, nawe ubunza akarago n’akebo asabiramo ngo asunike iminsi?

N’ubusanzwe ariko ibigarasha n’abajenosideri bazwiho kwikirigita bagaseka. Iyi leta ya Nahimana itwibutsa iya Sindikubwabo na Kambanda yarinze irunduka ikibeshya abaturage ko ikorera i Kigali, kandi igeze mu nkambi ya Katale muri Zayire.Tekereza kwiyita Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Amajyambere ya Komini, Deregiteri Jenerali w’Ikigo Iwacu- Kabusunzu, Umuyobozi wa Radio-Rwanda “ivugira i Kigali”, kandi uri mu nkambi ya Mugunga cyangwa Kibumba muri Zayire! Bitaniye he se no kwitwa Jenerali kwa Nahimana gusa, ukishima ngo wazamuwe mu ntera? “Jenerali” Kanyamibwa mu zihe ngabo se nyakwipfira urwo upfuye?

Muri Kamena uyu mwaka Nahimana yatekeye undi mutwe ab’ubwenge buke, abizeza ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kuzasiga” inkotanyi zitumute”! Bamuhundagajeho ibifaranga ngo arabacyuye, none kuri karendari iba mu mu bwonko bwe gusa ubanza Nyakanga yavugaga itaragera.

Muri make rero, Nahimana Thomas ni” umusazi-mwenge” (umusazi ubivanga n’ubucakura). Azi neza ko abo abwira nta bwenge bakigira, maze ubujiji bwabo akabubyaza umusaruro.

Izo njijite nizikomeze zimupakirire igifu, zizajya guhumuka yiyujurije aho yegeka umusaya, cyangwa yaranavuye mu buyobe, akabata ishyanga. Muri politiki, cyane cyane nk’iyi y’inda, ni iki kidashoboka?

2024-08-30
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Nyamasheke : Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Gisakura yaburiwe irengero

Nyamasheke : Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Gisakura yaburiwe irengero

Ubwanditsi 13 May 2017
Ruharwa Protais Mpiranya yapfuye adashyikirijwe ubutabera, bizabazwa nde?

Ruharwa Protais Mpiranya yapfuye adashyikirijwe ubutabera, bizabazwa nde?

Ubwanditsi 12 May 2022
Kongo irambirije ku muryango « SADC » nawo utishoboye

Kongo irambirije ku muryango « SADC » nawo utishoboye

Ubwanditsi 21 Feb 2023
Mu mikino ifungura amatsinda y’irushanwa ny’Afurika rihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo CAF Confederation Cup, nta kipe n’imwe yari yasohotse yigeze ibona intsinzi.

Mu mikino ifungura amatsinda y’irushanwa ny’Afurika rihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo CAF Confederation Cup, nta kipe n’imwe yari yasohotse yigeze ibona intsinzi.

Ubwanditsi 11 Mar 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abantu 2 bakekwaho  gutanga Isoko rya Ferwafa bagejejwe   imbere y’ubutabera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga
IMIKINO

Abantu 2 bakekwaho gutanga Isoko rya Ferwafa bagejejwe imbere y’ubutabera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga

Ubwanditsi 24 Feb 2016
Mugore  dore ibintu 7 ugomba kuba wujuje ku buryo buri mugabo wese akwifuza
HIRYA NO HINO

Mugore dore ibintu 7 ugomba kuba wujuje ku buryo buri mugabo wese akwifuza

Ubwanditsi 13 Jul 2017
Uganda : Abimenyereza Ubunyeshyamba Ba FDLR, Mu Bihuru Bya Kisoro
INKURU ZAKUNZWE CYANE

Uganda : Abimenyereza Ubunyeshyamba Ba FDLR, Mu Bihuru Bya Kisoro

Ubwanditsi 11 May 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru