• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»Buyoya aribaza impamvu ashinjwe kwica Ndadaye hashize imyaka 25

Buyoya aribaza impamvu ashinjwe kwica Ndadaye hashize imyaka 25

Ubwanditsi 06 Dec 2018 POLITIKI

Pierre Buyoya wahoze ari Perezida w’u Burundi, avuga ko nta ruhare na rumwe yagize mu rupfu rwa Perezida Ndadaye wishwe mu mwaka wa 1993. Ashimangira ko kuzura dosiye y’urupfu rwe ari amayeri ya Leta y’i Bujumbura.

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Ubushinjacyaha bw’u Burundi bwosohoye impapuro zisaba ko abantu 17  barimo na Buyoya batabwa muri yombi, mu gihe bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rwa Ndadaye.

Mu kiganiro yagiranye na BBC, Buyoya yatanze ingero z’ibyakozwe mu gukurikirana abishe Ndadaye, ko mu gihe cy’imyaka 25 ishize atumva uburyo aribwo ashyizwe mu majwi.

Ati “Muri ziriya mpapuro hari ibintu bitari bike bitangaje, hashize imyaka 25, icya kabiri, habaye amaperereza yakozwe na Loni, hari imanza zaciwe n’inkiko zo mu Burundi hagira n’abantu babihanirwa, muri icyo gihe cyose izina ryanjye ntiryigeze rivugwa n’umuntu n’umwe,…”.

Akomeza avuga ko urupfu rwa Ndadaye n’ubundi bwicanyi bwakozwe mu Burundi, byahawe umwanya munini mu biganiro by’i Arusha, bugarukwaho cyane hashakwa uburyo Abarundi bakwiyunga bamaze kumenya ukuri kw’amateka y’ahahise, aha naho ngo izina rye ntiryavuzwe.

Umunyamakuru amwibukije ko bishoboka ko yaba atakurikiranwe ahanini bitewe n’uko wenda yari afite ubudahangarwa, Buyoya yahise avuga ko ntaho bihuriye, ahubwo ko Leta y’u Burundi isohoye izi mpapuro nk’urwitwazo mu gihe yugarijwe n’ibibazo.

Yagize ati “si ndimo kuburana n’umuntu uwo ari we wese, ubwicanyi bwabaye mu Burundi ni bwinshi [1972, 1993] ibyo byose nibyo abantu bari mu biganiro i Arusha bagarutseho cyane, ntibigeze bavuga ko ubu bucanyi butakurikiranwa, impamvu bije ubungungu nicyo nshaka gusobanura,…”.

Buyoya arakomeza, ati “ntabwo ari ibintu bijyanye na gatoya n’ubutabera, ni ibintu bya politiki, nibaza ko ubutegetsi bw’i Bujumbura bugomba kwibagiza ibibazo bufite, kugira ngo bwereke abaturage ko hariho ibindi bibazo bikomeye bibagirwe ibindi biriho”.

Melchior Ndadaye yishwe ku wa 21 Ukwakira 1993, amaze iminsi 100 abaye Perezida w’u Burundi, urupfu rwe rwakurikiwe n’ubwicanyi mu gihugu.

2018-12-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Bombori bombori hagati y’ingabo za Congo na Wazalendo

Bombori bombori hagati y’ingabo za Congo na Wazalendo

Ubwanditsi 10 Sep 2024
Politiki n’ingengabitekerezo bya Jenoside byabujije ba nyiramukubitwa kuba abantu

Politiki n’ingengabitekerezo bya Jenoside byabujije ba nyiramukubitwa kuba abantu

Ubwanditsi 07 Apr 2018
Gicumbi: Ubukene, ubujiji n’indwara byarindimukanye n’ubutegetsi bubi cyane

Gicumbi: Ubukene, ubujiji n’indwara byarindimukanye n’ubutegetsi bubi cyane

Ubwanditsi 10 Jul 2024
Impuguke mu by’umutekano Alex Ward yavuze uko abona ahazaza ha Trump na Iran

Impuguke mu by’umutekano Alex Ward yavuze uko abona ahazaza ha Trump na Iran

Ubwanditsi 21 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uganda yahagaritse gukoresha amashilingi ya Kenya
POLITIKI

Uganda yahagaritse gukoresha amashilingi ya Kenya

Ubwanditsi 12 Jun 2019
Uganda: Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zirarira ayo kwarika nyuma yo kumara igihe badahembwa
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zirarira ayo kwarika nyuma yo kumara igihe badahembwa

Ubwanditsi 30 Nov 2017
U Rwanda runganyije na Cameron rubura amahirwe yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika 2021 kizakinwa muri Mutarama 2022.
Amakuru

U Rwanda runganyije na Cameron rubura amahirwe yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika 2021 kizakinwa muri Mutarama 2022.

Ubwanditsi 30 Mar 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru