Uwiragiye Emmerance, umubyeyi mu myaka ibiri ishize wavuze ko aziyahura u Rwanda nirutayoborwa na Perezida Paul Kagame nyuma y’umwaka wa 2017, ubu ari mu byishimo ...
Soma »
Abatuye akagari ka Giseri, ko mu murenge wa Gashanda, mu karere ka Ngoma, ku itariki 2 Kanama uyu mwaka babonye imifuka itandatu y’urumogi ihishe mu ...
Soma »
Umwe mu batwara abagenzi kuri moto mu karere ka Rubavu witwa Majyambere Jean Bosco afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana akekwaho guha Umupolisi ruswa ...
Soma »
Umwarimu wigisha mu ishuri ryisumbuye rya Saint Joseph/Karuganda akaba yararangije mu ishuri rikuru rya KIST, yagaragaje ubuhanga afite mu gihe we yari azi ko ibyo ...
Soma »
Perezida Kagame yongeye gutsinda amatora ku majwi 98.66% by’amajwi yose yabaruwe kugeza saa sita z’ijoro. Saa saba z’ijoro Komisiyo y’Amatora yari imaze kubarura kugeza kuri ...
Soma »
Raila Odinga ukuriye ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta muri Kenya yabwiye Al Jazeera ko hari impungege ko ibizava mu matora bitazaba bikurikije ukuri kuko ...
Soma »
Minisitiri wa Israel ushinzwe itumanaho, Ayoob Kara, kuri iki Cyumweru yatangaje ko ashaka gufunga ibiro n’imirongo bikoreshwa n’igitangazamakuru mpuzamahanga cy’Abanya-Qatar, Al-Jazeera, kubwo gutangaza inkuru zibogamye ...
Soma »
Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda ni we watwaye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music awards 2017,. Uyu muhanzi wari mu byiciro 7 bihatanira ibihembo ...
Soma »
Umunyamerika n’Umunyacada bakoraga mu bikorwa byo kwiyamamaza mu bahatanira kuyobora iki gihugu, ariko ku ruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya bagiye kwirukanwa nyuma yo gutabwa ...
Soma »