Kuri uyu wa Gatandatu nibwo haza gutangira ku mugaragaro isiganwa rya Rwanda Cycling Cup rigera mu ntara zose z’u Rwanda Rwanda Cycling Cup y’uyu mwaka ...
Soma »
Ikipe ya Rayon Sports ntiyabashije kubona itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League nyuma yo gutsindwa na Mamelodi Sundowns muri Afurika y’Epfo Mu ...
Soma »
Ku mukino wa ¼ wa FA(Football Association) wabaye kuri uyu wa 18 Werurwe, wahuje ikipe ya Chelsea na Leicester City, iminota 90 yarangiye amakipe yombi ...
Soma »
Umunsi wahariwe siporo kuri bose ‘Car Free Day’ mu Mujyi wa Kigali, umaze kumenyerwa nk’uw’ingirakamaro, ni nayo mpamvu abantu benshi bawuzirikana bakanawitabira ku bwinshi. Mu ...
Soma »
Ikipe ya APR FC irasezerewe mu mikino nyafurika ku makipe yatwaye ibikombe iwayo, ikaba ikuwemo n’igitego yatsindiwe mu rugo, kigafasha ikipe ya Djoliba kugera mu ...
Soma »
Ikipe ya Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza mu mujyi wa Johannesbourg muri Afurika y’Epfo, gukina n’ikipe ya Mamelodi Sundowns yo muri iki gihugu. Saa tatu ...
Soma »
Tombora y’uburyo amakipe azahura muri ¼ cya UEFA Champions League yaberaga i Nyon mu Busuwisi, isize amakipe yombi ahagarariye u Bwongereza azahura mu gihe Real ...
Soma »
Nyuma y’imyaka isaga ibiri batandukanye, umutoza w’ikipe ya Rayon Sports; Ivan Minnaert yongeye guhura n’ikipe yahoze atoza ya AC Djoliba, ayiha ikaze mbere y’uko aba ...
Soma »