U Rwanda rwongeye kuza ku mwanya wa mbere mu karere k’Afrika y’Iburasirazuba mu gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane, ruza ku mwanya wa 4 muri Afrika yose!
Nk’uko bisanzwe buri mwaka, Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International, wongeye gushyira ahagaragara uko ibihugu bikurikirana mu guhashya iyo mungu y’ubukungu, ubutabera, umutekano n’imibereho ... Soma »










