Mutangana Jean Bosco wari Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda kuva kuwa 9 Ukuboza 2016, ntakiri kuri uwo mwanya, akaba yasimbuwe na Havugiyaremye Aimable wari ...
Soma »
Adeline Mukangemanyi Rwigara yemeye ko yagiranye ibiganiro n’abagize umutwe w’iterabwoba wa RNC barimo Kayumba Nyamwasa na Charlotte Mukankusi, ku buryo ahamya ko uwo mutwe uri ...
Soma »
Kizza Besigye yabeshyuje amakuru yakwirakwijwe na leta Uganda ko muri Nzeri yahuriye na Perezida Kagame muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko uwo muhuro ...
Soma »
Ibi umukuru w’Igihugu yabivugiye mu muhango wo kwakira indahiro z’abayobozi baherutse gushyirwa mu myanya y’ubuyobozi, harimo abaminisitiri, abanyamabanga ba Leta n’abayobozi mu ngabo z’igihugu. Nyuma ...
Soma »
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, akaba ashinzwe n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko iyo Uganda isaba u Rwanda ...
Soma »
Abo mu ishyaka rya Perezida Felix Tshisekedi ryitwa (Cap sur le Changemet, CACH) barashinja abo mu ishyaka rya Joseph Kabila (Front Commun pour le Congo, ...
Soma »
Mu kiganiro Rukokoma yakoze mu Bubiligi muri iki cyumweru abwira abanyamakuru babiri aribo Agnes Mukarugomwa na Gaspard Musabyimana bafite ama radiyo akorera kuri Internet, hamwe ...
Soma »
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe inzego z’ubucamanza zikomeje kunoza imikorere yazo ariko bikagaragara ko hari ibyaha bimwe bikomeje kwiyongera, hakwiye no kurebwa icyakorwa ...
Soma »