• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

  • Kwihambira kuri FDLR ni Umwaku mu yindi   |   17 Aug 2026

  • Amakipe ya AS Kigali mu Bagabo n’Abagore yahinduriwe izina yitwa Kigali FC na Kigali WFC    |   16 Aug 2026

  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»DUSENGE ABAGORE BAZAMUKE

DUSENGE ABAGORE BAZAMUKE

Ubwanditsi 29 Jul 2016 POLITIKI

Nyuma yo kumva ibyo Hilary Clinton yavuze mu ijoro ryakeye, ati “Turahuza abantu ntitubatanya, turahumuriza abanyamerika ntitubakura umutima no kubatera ubwoba, turashima abafungiwe urugamba rwiza, nibuka Inkotanyi mpita ndeba mu Rwanda nsengera abagore ngo bazamuke!

Buriya Bill Clinton aganiriye n’umugore we Hilary ati uribuka ko nakujyanye muri “State House” maze kuba Perezida ati ndetse no mu Rwanda? Hilary nawe yamwenyura ati Mugabo wanjye nanjye wambonye? Ati nkugaruye gutura muri “State House” ashobora no kumubwira ati reka nzagusubize kureba u Rwanda,

Urugamba rwa Hilary Clinton mu mateka y’Amerika, iyo wumvise neza ibyo yavuze usanga byaraturutse kuri Nyina wamureze amwibutsa kandi amutoza kutava ku murava, guhora akotana agakora Gikotanyi, akihanganira abantu, akarwana inkundura mubyo akora, agafasha abatishoboye atirata nk’igihe yavuganye n’umukobwa wagenderaga ku kagare k’abamugaye wifuzaga kujya ku ishuli. Ndetse aribuka nyina amubwira ati “Don’t beg out there” ati uramenye ntusabirize wa mwana we!

Hilary ati tuzakorana n’abantu bose kandi ntituzubaka urukuta no guheza abantu ahubwo tuzakorana twese dufashe ababuze amahirwe kuyabona no gutera imbere.
Reka nanjye Malonga nkomeze nsenge nk’umwana w’Umutambyi nsengere Hilary n’abagore bose bazamuke. Umukobwa we nawe, Chelsea ati Mama ntasanzwe ni umugore w’igitangaza nkabaswahili ati “Nani kama Mama” ukundana, udatinya, ukorera urugo byose akabikora bikagenda neza.

Hilary ati nzaba Perezida wa bose, ari abantoye n’abatantoye kandi nzarwanya ibyihebe. Ngaho rero nanjye nsengeye Hilary Clinton atsinde, n’abandi mumfashe tumusengere na ba mama bose.

Mukurangiza reka nshime Serikali ya Kenya yatoye icyemezo ko ibendera rya EAC ndetse n’indirimbo y’Afrika mashariki izajya iririmbwa buri gihe, tuve mu matiku y’amoko, yo kutumvikana, tube bamwe, tuvuge rumwe, dutere imbere.

Reka ndetse mbagezeho iyo ndirimbo:

Wimbo wa Jumuiya ya Afrika Mashariki

1. Ee Mungu twakuomba ulinde
Jumuiya Afrika Mashariki
Tuwezeshe kuishi kwa amani
Tutimize na malipo yetu

2. Uzalendo pia mshikamano
Viwe msingi wa umoja wetu
Natulinde uhuru na amani
Mila zetu na desturi zetu

3. Viwandani na hata mashambani
Tufanye kazi sote kwa makini

Tujitoe kwa hali na mali
Tujenge jumuiya bora
(Ubutaha nzayibashyirira mu Kinyarwanda)
Abagore mutujye imbere. Dutere imbere.
Shukran, Amen, Aleluya.

Prof. Pacifique MALONGA
Umwana w’umutambyi

2016-07-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

“Gusaba u Rwanda urutonde rw’abo ufunze kugira ngo ubafungure ni ukwigiza nkana”

“Gusaba u Rwanda urutonde rw’abo ufunze kugira ngo ubafungure ni ukwigiza nkana”

Ubwanditsi 13 Nov 2019
Abakandida bemewe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika bamenyekanye

Abakandida bemewe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika bamenyekanye

Ubwanditsi 06 Jun 2024
Ibintu 10 bitangaje kuri Jacob Zuma weguye ku mwanya wa Perezida wa Afurika y’Epfo

Ibintu 10 bitangaje kuri Jacob Zuma weguye ku mwanya wa Perezida wa Afurika y’Epfo

Ubwanditsi 15 Feb 2018
Frank Habineza yagizwe umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda

Frank Habineza yagizwe umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda

Ubwanditsi 11 Oct 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyuma y’imyaka 28 idatwara Copa America, ikipe y’igihugu ya Argentine yegukanye iki gikombe itsinze Brazil ku mukino wa nyuma
Amakuru

Nyuma y’imyaka 28 idatwara Copa America, ikipe y’igihugu ya Argentine yegukanye iki gikombe itsinze Brazil ku mukino wa nyuma

Ubwanditsi 11 Jul 2021
Amashirakinyoma : Abadipolomate bakorera mu Rwanda bigereye muri Pariki ya Nyungwe
UBUKERARUGENDO

Amashirakinyoma : Abadipolomate bakorera mu Rwanda bigereye muri Pariki ya Nyungwe

Ubwanditsi 18 May 2019
Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda
Amakuru

Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda

Ubwanditsi 13 May 2025

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru