• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cy’Isi 2026 na Koreya y’Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Miss2016:haraye hatoranyijwe 15 bagomba kujya mu mwiherero

Miss2016:haraye hatoranyijwe 15 bagomba kujya mu mwiherero

Ubwanditsi 15 Feb 2016 IMIKINO

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, abakobwa icyenda (9) basezerewe 15 barakomeza muri 24 bari bahagarariye Intara n’Umujyi wa Kigali bifuzaga kuvamo umwe uba Miss Rwanda 2016. Bamwe mu bakomeje harimo abagaragarijwe ko bashyigikiwe cyane nka Sheriffa Umuhoza na Jolly Mutesi bafite abafana benshi.

-2110.jpg

Abakobwa bose babanje kwiyerekana

Abahatana 24 babazwaga ibibazo bitandukanye 24 basubiza mu Kinyarwanda n’ikibazo kimwe gusa basubiza mu rurimo bashaka hagati y’Icyongereza n’igifaransa, 22 iki kibazo cyo mu rundi rurimi bagisubije mu cyongereza, babiri gusa nibo bagisubije mu gifaransa.

-2113.jpg

Abakobwa bari bambaye amakunzu meza buri umwe atambuka nta mususu nk’uwabitojwe mbere.

-2111.jpg

Akanama nkemurampaka

-2125.jpg
Blabine uri kugerageza amahirwe ye ku nshuro ya kabiri muri iri rushanwa, bwa mbere yabaye igisonga cya kane.

Ibibazo babazwaga mu Kinyarwanda benshi babisubije wumva bumva neza icyo babajijwe kandi batanga ibisubizo bya nyabyo, bishoboka cyane ko ibi ari bimwe mu bibazo babazwaga mu kiciro cy’ijonjora mu gushaka abahagararira Intara zitandukanye n’Umujyi wa Kigali.

-2114.jpg

Sharifa Umuhoza, Jolly Umutesi byagaragaye ko bashyigikiwe n’abafana benshi ubwo babaga baje kuri scene.

-2120.jpg

Akanama k’abakemurampaka kavuze ko abatoranyijwe bashingiye ku bwenge, kuba intyoza ubwiza n’uko bifata imbere y’abantu.

-2124.jpg


Abakobwa 15 baje gutoranywa muri aba 24 ni;

20 Umuhoza Shariffa
7 Umutoni Balbine
18 Jane Mutoni
16 Jolly Mutesi
12Vanessa Mpogazi
11 Peace Kwizera Ndaruhuhtse
25 Arianne Uwimana
24 Rangira Marie d’Amour
23 Solange Uwamahoro
22 Cyinthia Umutoniwabo
1 Delyla Akili
9 Doreen Umuhoza
15 Eduige Mutesi
13 Sheilla Mujyambere
7 Eduige Isimbi

-2121.jpg

Aba bakobwa 15 bagiye gukomereza mu mwiherero wo kwigishwa indangagaciro za Kinyarwanda, amateka n’umuco by’u Rwanda ndetse n’andi masomo yabafasha mu gihe bahagarariye u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga.
-2123.jpg

Nyuma y’ibyumweru bibiri nibwo biteganyijwe ko hazaba Final aho muri aba 15 hazatoranywa Miss Rwanda wa 2016 uzambikwa ikamba na Doriane Kundwa Miss Rwanda 2015.

-2122.jpg

Iri rushanwa ryateguwe na Rwanda Inspiration BackUp ifatanyije n’Inteko y’igihugu y’Ururimi n’Umuco n’abaterankunga batandukanye.

-2119.jpg

Abasezerewe bifurije abandi amahirwe


Aba ni icyenda basezerewe:

8 Nickita Kaneza
21 Usanase Umuhumuriza Samantha
5 Pascaline Umutoni
2 Fiona Doreen Ashimwe
3 Nasra Bitariho
14 Olive Munezero
6 Sandrine Ikirezi
4 Abi Gaelle Gisubizo
10 Ange Karigirwa

M.Fils

2016-02-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Young Africans yegukanye igikombe ku Munsi w’Igikundiro 20245,  ni nyuma yo gutsinda Rayon Sports 3-1

Young Africans yegukanye igikombe ku Munsi w’Igikundiro 20245, ni nyuma yo gutsinda Rayon Sports 3-1

Ubwanditsi 15 Aug 2025
FERWAFA imaze gusura amakipe icyenda mu rwego rwo kureba ko yujuje ibyangombwa ngo abe yasubukura imyitozo, abiri muriyo akaba yasabwe kugira ibyo ahindura

FERWAFA imaze gusura amakipe icyenda mu rwego rwo kureba ko yujuje ibyangombwa ngo abe yasubukura imyitozo, abiri muriyo akaba yasabwe kugira ibyo ahindura

Ubwanditsi 05 Apr 2021
Degaule mu baziyamamariza kuyobora FERWAFA

Degaule mu baziyamamariza kuyobora FERWAFA

Ubwanditsi 12 Dec 2017
Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Ubwanditsi 01 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amavubi yakiriye abahamagawe bwa mbere, akomeje imyitozo mu gihugu cya Morocco yitegura Guinea
Amakuru

Amavubi yakiriye abahamagawe bwa mbere, akomeje imyitozo mu gihugu cya Morocco yitegura Guinea

Ubwanditsi 21 Sep 2022
AMAFOTO – Manchester United ndetse na Arsenal zo mu Bwongereza ziri mu makipe yageze mu mikino ya ½ cya Europa League.
Amakuru

AMAFOTO – Manchester United ndetse na Arsenal zo mu Bwongereza ziri mu makipe yageze mu mikino ya ½ cya Europa League.

Ubwanditsi 16 Apr 2021
MISS RWANDA 2018: Ibiciro byo kwinjira mu birori byo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2018 byamenyekanye
SHOWBIZ

MISS RWANDA 2018: Ibiciro byo kwinjira mu birori byo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2018 byamenyekanye

Ubwanditsi 09 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru