• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Uganda : Abimenyereza Ubunyeshyamba Ba FDLR, Mu Bihuru Bya Kisoro

Uganda : Abimenyereza Ubunyeshyamba Ba FDLR, Mu Bihuru Bya Kisoro

Ubwanditsi 11 May 2019 INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Amakuru aturuka ahantu hizewe avuga ko inyeshyamba za FDLR zari zimenyerewe mu mashyamba ya Congo, zatangiye kugaragara no muri Uganda kandi bikaba bimaze kumenyekana ko bafite n’ahandi bitoreza muri Kisoro.

Umusaza w’umunyarwanda ugifungurwa muri gereza ya Uganda uko yaje kumenya ko hari ibice  byitorezwamo n’inyeshyamba, ibyo bice bikaba biherereye mu Karere ka Kisoro mu majyepgo ashyira uburengera azuba bwa Uganda.

Ntamukunzi Erasto w’imyaka 68,  umuhinzi mworozi wo muri Gasiza ho muri Nyabihu avuga ko yaje gushimutwa ubwo yari muri Kisoro mu kwezi gushize. Bityo nkuko bikunze kugendekera abanyarwanda benshi iyo bageze muri Uganda, yaje  guhura n’uruvagusenya kuko yaje gushimutwa n’inzego z’umutekano bamujugunya mu buroko aho muri Kisoro kuko bamuregaga kuba intasi y’URwanda.

Ibyinyeshyamba kwitoreza muri Kisoro akaba yaraje kubimenya, ubwo yari mu buroko Kisoro,  abashobora kuba batazi FDLR, n’ ibisigisigi by’ingabo zatsinzwe mu Rwanda mbere ya 94 zanga Abatutsi urunuka, kandi bakaba ari nabo bari ku isonga mu gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994

Ntamukunzi avuga ko byari mu kwezi gushize ku wa gatandatu tarikiya  20, ubwo yaragiye mu mirimo ye ya buri munsi ubwo bamushimutaga akibaza ati se ko ndi umusaza, kuki barimo kunkorera ibi byose, Ntamukunzi aracyagaragara nkaho akiri muto, nubwo afite imyaka  myinshi y’ubukure ati:  “Banteruraga bafashe mu mpande z’impantaro ariko bavuga ngo ndi intasi y’uRwanda.

“Bantwaye kuri polisi, ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 21, bityo marayo wikendi yose kandi nta kosa na rimwe nari nakoze icyangombwa cyanjye cyo kwambukiraho cyari cyimeze neza kandi n’indangamuntu yanjye  narinyifite.

Ubwo nari mu buroko, nkuko Ntamukunzi abivuga, umusirikare wo mu ngabo za Uganda yazanyemo abantu babiri umwe yagaragaraga nkaho afite imyaka iri muri za 30, naho undi yagaragaraga nkaho afite imyaka 17.” Ntamukunzi avuga ko ubwo yari muri gereza, “mabusu” ngo hari abantu barakaye bashinzwe kugirira nabi abafunzwe ku bakubita, no kugirira nabi abakiza muri gereza no kubambura amafaranga , baramutse hari ayo bafite.

Uwari wahondaguwe yagize ati “mugumane amafaranga yanyu!”

Uwari wahondaguwe yamusubije ati : umusirikare yatwaye amafaranga yacu, nta faranga na rimwe dusigaranye n’uko abaza  abari bakiza mu buroko bakiri bashyashya impamvu bari aho?”

“Turi hano kubera ko tugiye kujya muri FDLR, bityo tukazarwanya URwanda , Ntamukunzi akaba avuga  ko yatunguwe cyane. Akaba ari umusaza wanga intambara, aho yazamuye imyenda abereka inkovu z’ibisebe yatewe n’intambara yo muri za 90.

Ubwo abo bantu bashyashya bamaraga kuvuga ko bagiye kwinjira muri FDLR kugirango barwanye URwanda, byatumye Ntamukunzi agerageza kumva  ibindi birutaho.

Ati: “Bakaba babarizwa mu mashyamba , uwo wari ukiri mushyashya akaba ariko yabivuze.

Umwe muri abo bari bafunzwe akaba yarabajije niba iyo ariyo FDLR irwanya URwanda?”

“Yego, nari muri FDLR mbere icyakora  yagaragaraga nkaho yarimo guhuzagurika , kandi yarakubiswe n’ingabo z’uRwanda, bityo mfata umwanzuro wo kwambuka  Uganda ngo njye gushakisha imibereho.

Bikaba byarakunzwe kuvugwa mu bitangazamkuru ko Kayumba Nyamwasa afite ushinzwe kwinjiza abarwanyi mu ba RNC muri Mbarara witwa Pasiteri Deo Nyirigira.

2019-05-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi yeguye

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi yeguye

Ubwanditsi 13 May 2018
Kajugujugu ebyiri z’igisirikare cya Congo zahanuwe n’Ingabo za  M23

Kajugujugu ebyiri z’igisirikare cya Congo zahanuwe n’Ingabo za M23

Ubwanditsi 28 Jan 2017

Zimbabwe: Perezida Emmerson Mnangagwa w’imyaka 80 ahagarariye Ishyaka rya ZANU-PF mu Matora

Ubwanditsi 23 Aug 2023
Perezida  Museveni yahaye amabwiriza Brigadier Abel Kandiho yo kunga Kayumba Nyamwasa wa  RNC na Sankara wa  FLN

Perezida  Museveni yahaye amabwiriza Brigadier Abel Kandiho yo kunga Kayumba Nyamwasa wa  RNC na Sankara wa  FLN

Ubwanditsi 02 Apr 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amafoto y’imidari olimpike mu mateka
IMIKINO

Amafoto y’imidari olimpike mu mateka

Ubwanditsi 15 Aug 2016
U Bubiligi bugiye gutora itegeko rihana icyaha cyo gupfobya no guhakana Jenoside.
POLITIKI

U Bubiligi bugiye gutora itegeko rihana icyaha cyo gupfobya no guhakana Jenoside.

Ubwanditsi 08 Apr 2019
I&M Bank yegereje abagana Expo serivisi zituma batandukana no kugendana amafaranga
IKORANABUHANGA

I&M Bank yegereje abagana Expo serivisi zituma batandukana no kugendana amafaranga

Ubwanditsi 07 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru