• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Ubwanditsi 28 Jan 2016 IMIKINO

Mu gihe bakomeje kwitegura umukino wa ¼ uzabahuza na Leopards du Congo, ikipe y’igihugu ya Congo Kinshasa kuwa Gatandatu mu irushanwa rya CHAN, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, basuye abamugariye kurugamba rwo kubohora igihugu bagera kuri 52 babagenera impano.

-1935.jpg

Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasuye koperative Impuhwe kuri uyu wa Gatatu

Amavubi y’u Rwanda yabonye tike ya ¼ muri CHAN nyuma yo gutsinda imikino ibiri ibanza yo mu itsinda rya mbere bahuyemo na Cote d’ivoire na Gabon mu gihe umukino wa gatatu wo mu itsinda, batsinzwe na Maroc ibitego 4-1.

Kuri uyu wa Gatatu, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bari kumwe n’abatoza ndetse n’umuyobozi wa Ferwafa wungirije, Kayiranga Vedaste, basuye abahoze mu ngabo z’u Rwanda bamugariye ku rugamba, bibumbiye muri koperative Impuhwe, baba Nyarugunga ho mu karere ka Kicukiro.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.


Rushyashya

2016-01-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

APR FC na Mukura VS zigiye kumenya amakipe bizahangana mu marushanwa ya CAF

APR FC na Mukura VS zigiye kumenya amakipe bizahangana mu marushanwa ya CAF

Ubwanditsi 01 Nov 2018
Rayon Sports yageze muri 1/4 cy’imikino y’igikombe cy’Amahoro isezereye Musanze FC ku giteranyo cy’ibitego 3-1

Rayon Sports yageze muri 1/4 cy’imikino y’igikombe cy’Amahoro isezereye Musanze FC ku giteranyo cy’ibitego 3-1

Ubwanditsi 21 Apr 2022
Shampiyona y’u Rwanda irakomeza hakinwa umunsi wa 7, umukino wa Police FC na Gicumbi FC wahinduriwe amasaha

Shampiyona y’u Rwanda irakomeza hakinwa umunsi wa 7, umukino wa Police FC na Gicumbi FC wahinduriwe amasaha

Ubwanditsi 04 Dec 2021
Ferwafa: Nkuko bisanzwe umugati watswe Bonie Mugabe utamikwa Emery Kamanzi

Ferwafa: Nkuko bisanzwe umugati watswe Bonie Mugabe utamikwa Emery Kamanzi

Ubwanditsi 10 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDF yasimbuje abasirikare bari mu butumwa muri Sudani y’Epfo
Mu Mahanga

RDF yasimbuje abasirikare bari mu butumwa muri Sudani y’Epfo

Ubwanditsi 02 Nov 2017
Barindwi bakekwaho gutera BK ya Buhanda bakica umuntu bagejejwe mu butabera
Amakuru

Barindwi bakekwaho gutera BK ya Buhanda bakica umuntu bagejejwe mu butabera

Ubwanditsi 06 Nov 2017
Victoire Ingabire si umunyapolitiki, na FDU-Inkingi ikwiye gucibwa vuba
Amakuru

Victoire Ingabire si umunyapolitiki, na FDU-Inkingi ikwiye gucibwa vuba

Ubwanditsi 04 May 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru