• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abahanzi nyarwanda batangiye gushaka amajwi muri Guma Guma

Abahanzi nyarwanda batangiye gushaka amajwi muri Guma Guma

Ubwanditsi 21 Feb 2016 IMIKINO

Benshi mubahanzi nyarwanda bari gukora cyane ngo babashe kwinjira mu marushanwa ya PGGSS isigaje igihe kitageze ku kwezi ngo ibe.

-2208.jpg
Aha hari tsinda rya TBB

Irushanwa rya Guma Guma ni riwme murituma abahanzi nyarwanda bakora cyane. Ibi bikaba binagaragazwa n’indirimbo zirimo gusohoka ubutitsa z’abahanzi nyarwanda, ingufu barimo gushyiramo mu kuzamamaza ndetse no kwiyegereza abafana babo.

Ibi biragaragarira mu buryo aba bahanzi barimo gushyira hanze indirimbo mu buryo busa n’ubukurikirana, aho uwavuga ko basa n’abari kurushanwa ataba abeshye.

-2209.jpg
Hano hari umuhanzi Mutara Gaby nawe uri gushaka kujyamo

Ibi kandi bikunze kugaragara mu mpera z’umwaka aho uba ubona buri muhanzi wese ashaka gushyira hanze alubumu, dore ko ari kimwe mubintu bireberwaho iyo hagiye kuba amatora y’abahanzi bitabira iri rushanwa.

-2210.jpg

Hari Bruce MELODY

Bimwe mubigenderwaho batora abahanzi bitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star harimo kuba umuhanzi yarakoze cyane, kuba afite ibihangano byakunzwe cyane kurusha iby’abandi.

-2212.jpg

Charly na Nina nabo bakunzwe muri kigihe kubera indirimbo indoro

Iyo urebye abahanzi benshi muri iyi minsi, bari gushyira imbaraga mu kumenyekanisha ibihangano byabo cyane, kugira ngo igihe cyo gutora kizagere bari mu mitwe y’abantu.

-2213.jpg

Nundi mukobwa umenyerewe Oda Paccy

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, urasanga abahanzi nyarwanda banyuranye bari kurushaho gushyira ingufu mu kwegera abafana babo, bitandukanye n’uburyo bari basanzwe babiyegereza.

-2214.jpg

hari Christopher

Mu biganiro ku maradiyo anyuranye, bararushaho kwitabira ibiganiro nyamara iyo nta rushanwa ryegereje uba usanga babigenzamo biguru ntege aho rimwe na rimwe banatumirwa ntibitabire ibiganiro.

-2215.jpg

Active

Babikora mu buryo uwariwe wese atapfa kumenya ko barimo gushaka amajwi nyamara iyo uguhitamo abahanzi baryitabira birangiye za ngufu bakoreshaga mu gihe Guma Guma yari yegereje ukazibura.

-2216.jpg

Hari umugabo ugira udushya SENDERI

Ntawabura gushyima imbaraga abahanzi nyarwanda bari gukoresha mu gushaka amajwi yabinjiza muri PGGSS ariko umuntu akaba yakibaza impamvu izi mbaraga bazikoresha gusa iyo amarushanwa yegereje.

Ni byizako bahatanira kuryinjiramo dore ko ribafasha kugera kuri byinshi, ariko bari bakwiriye kurenza amaso irr rushanwa rya PGGSS, bagaharanira no kugera ku rwego mpuzamahanga.

M.Fils

2016-02-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abangavu b’u Rwanda n’aba Uganda bazahagararira Zone V muri Afrobasket 2019

Abangavu b’u Rwanda n’aba Uganda bazahagararira Zone V muri Afrobasket 2019

Ubwanditsi 17 Jun 2019
Kiyovu SC  yanganyije na Marines ibura umwanya wa mbere

Kiyovu SC yanganyije na Marines ibura umwanya wa mbere

Ubwanditsi 17 Dec 2017
Uwari Umunyabanga mukuru wa FERWAFA yasimbujwe uwari ushinzwe imari n’ubutegetsi

Uwari Umunyabanga mukuru wa FERWAFA yasimbujwe uwari ushinzwe imari n’ubutegetsi

Ubwanditsi 03 Feb 2018
Perezida Paul Kagame yakiriye Sylvan Adams washinze Israel Premier Tech, ikipe yitabiye Tour du Rwanda 2023

Perezida Paul Kagame yakiriye Sylvan Adams washinze Israel Premier Tech, ikipe yitabiye Tour du Rwanda 2023

Ubwanditsi 23 Feb 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

WFP irataka Igihombo kubera ibiribwa byari byaguzwe mu Rwanda bikangwa n’u Burundi bikaba bigiye kunyuzwa muri Tanzania
POLITIKI

WFP irataka Igihombo kubera ibiribwa byari byaguzwe mu Rwanda bikangwa n’u Burundi bikaba bigiye kunyuzwa muri Tanzania

Ubwanditsi 28 Apr 2017
Brig. Gen. Nzabamwita yasabye ibihugu bya Afurika gufatanya mu guhangana n’iterabwoba
Mu Mahanga

Brig. Gen. Nzabamwita yasabye ibihugu bya Afurika gufatanya mu guhangana n’iterabwoba

Ubwanditsi 01 Oct 2017
Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC
Amakuru

Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC

Ubwanditsi 12 May 2025

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru