• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»UBUKUNGU»Nukurikiza ibi bintu icumi ntakabuza uzatsinda interview nujya gusaba akazi

Nukurikiza ibi bintu icumi ntakabuza uzatsinda interview nujya gusaba akazi

Ubwanditsi 09 Mar 2017 UBUKUNGU

Niba wujuje neza ibindi byangombwa bisabwa kugirango uhabwe akazi, iki nicyo gihe ngo umenye neza uko uzitwa mugihe uzaba ugiye gukora interview ,iki ni ikizamini cyo kubazwa ugasubiza muburyo bwo kuvugana bisaba kwitonda ndetse no kugitegura kugirango ugitsinde

Dore ibintu icumi bizagufasha

1)Kora ubushakashatsi ku mukoresha,uyobora abakozi cyangwa , ndetse uzakubaza ibibazo ndetse nimiterere yakazi ushaka

Ibi ni ibintu byingenzi cyane kuko bizatuma wumva wifitiye icyizere,uzi neza abo mugiye kuganira nkuko nabo bakumenyeye mu mwirondoro watanze ,bizagufasha gusubiza ibibazo ntagihunga ufite nagike .

2)gerageza gusubiramo bimwe mubibazo bikunze kubazwa muri interview

Iki nacyo ni ikintu kingenzi cyane , fata umwanya wo gusha bimwe mubibazo ushobora kubazwa ndetse nibisubizo byabyo, niba byagushobokera kandi , baza abayobozi baho uzakorera ibazwa , uburyo muzabazwamo,niba ari umuntu kugiti cye, cyangwa ari mu matsinda , ibi bizagufasha kumenya uburyo ushyira kumurongo ibisubizo byawe , kugirango ibisubizo byawe utazabyibagirwa byaba byiza ubishyize muburyo bwinkuru bikaza gufasha kubyibuka

3)Imyambarire

akazi, apply for a job rwanda, find job, find my job, jobs rwanda, jobsinkigali, jobsinrwanda,kigali job opportunity, kigali job vacancy,my cv, ndashaka akazi, rwanda jobs,tohoza
akazi, apply for a job rwanda, find job, find my job, jobs rwanda, jobsinkigali, jobsinrwanda,kigali job opportunity, kigali job vacancy,my cv, ndashaka akazi, rwanda jobs,tohoza
Imyambarire ni kimwe mubintu byingenzi ukwiye kwitondera mugihe ugiye gukora interview ,ukwiye gukora ibishoboka byose umenye ndetse wambare umwambaro wemewe mukazi urimo gusaba.

Irinde kwambara imyenda irangaza abantu , nubwo wowe waba ariyo usanzwe wikundira

Kora uko ushoboye urimbe kandi use neza kuko uko umuntu akubonye bwambere niko ahora ugufata

Irinde kunnywa itabi ndetse ninzoga mbere yuko ujya kubazwa.

4)kubahiriza igihe

Kubahiriza igihe nikimwe mubintu byingenzi cyane ,nibura ukagera aho ibazwa riza kubera iminota mirongwitatu mbere yuko ritangira,kuko bigufasha gutuza mu mutwe .

Ikindi kandi ukwiye kwitaho , ni ugupakira impapuro zawe zigaragaza umwirondoro ndetse nizindi zigaragaza neza uwo uri we .

Telephone igomba kuba ijimije mugihe ugiye muri intereview, ikindi kandi ugomba kwirinda guhekenya utuntu mugihe uri muri interview..

5)igaragaze neza kunshuro yambere

Akenshi uko umuntu akubonye bwambere niko ahora agufata,gerageza kugaragara nkumuntu ufite ikinyabupfura aho wagiye gusaba akazi,mugihe ugiye gukora interview kandi ukwiye kwirinda kugira ubwoba, suhuza abo usanze mukinyabupfura , ubasekera ariko kandi ubereka ko ububashye kandi nawe wiyubashye , wibuke kwambara neza iyi ngingo ningenzi cyane

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu minota makumyabiri urimo gukora interview , abakubaza baba bamaze kubona niba ushobora guhabwa kazi cyangwa bidashoboka

6)kwiyubakamo icyizere

Kutigirira icyizere ni mimwe mubintu bituma benshi batsindwa no mubuzima busanzwe , ukwiye guhamanya numutima wawe ndetse nubwenge bwawe kubisubizo urimo gutanga , ukwiye gusubiza nkumuntu uzi neza ibyo arimo kuvuga , , ndetse kandi ukwiye kuba umunyakuri mugihe urimo gusubiza, kuko iyo umuntu abeshya abarimo kumubaza uko byagenda kose bigaragarira kumaso ye bityo agatsindwa atyo.

7)gukoresha ibice by’umubiri wawe

Gukoresha ibice byumubiri wawe ni kimwe mubintu bitanga amakuru menshi kumuntu urimo kukubaza ibibazo, ni byizza kwerekana ko ukurikiye neza ukubaza , ushobora guhuza amaso nawe ukirinda guhumbaguza, ushobora kuzajya uzamura umutwe wawe bimwereka ko umukurikiye ndetse nibindi byinshi byerekana ko uhari kandi witeguye kubazwa no gusubizanya ictyizere.

akazi, apply for a job rwanda, find job, find my job, jobs rwanda, jobsinkigali, jobsinrwanda,kigali job opportunity, kigali job vacancy,my cv, ndashaka akazi, rwanda jobs,tohoza
akazi, apply for a job rwanda, find job, find my job, jobs rwanda, jobsinkigali, jobsinrwanda,kigali job opportunity, kigali job vacancy,my cv, ndashaka akazi, rwanda jobs,tohoza
Ugomba kwirinda gukora tumwe mudukorwa tugaragaza ubwoba, nko kwikora mu bwanwa , guhumbaguza amaso buri kanya,gukinisha ikaramu cyane kwikorakora kumazuru nutundi twinshi dutandukanye .

8)gutegura utubazo nawe uza kubaza abaguhaye interview

Ibi biruzuzanya nibyo twavuze tugitangira, ugomba gufata umwanya ugategura tumwe mutubazo wumva tutakagombye kubura muri interview,akenshi utwo tubazo tugomba kuba dushingiye kubushakashatsi wakoze kubuzima bwikigo ushaka gukorera ndetse nakazi uzakoramo, ibi bizafasha abakubaza kukubonamo ikizere cyumukozi mwiza mu kigo cyabo .

9)kora ibishoboka byose umere nkaho urimo kwicuruza mugihe ukora interview

Ushobora kwibaza ngo uzicuruza gute , nagirango wibuke ko uko utanga ibisubizo byibibazo ubazwa niko uba ugaragaza icyo ushoboye , gerageza rero ntuve imbere yabakubaza utaberetse ubushobozi bwawe bwose , kuko aricyo bazagenderaho bizera ko uri umukozi mwiza koko

10)Ibuka gushimira abaguhaye ibibazo

Nibyiza gufata umwanya ugashimira abakubajije ibibazo , kuva interview ikirangira ushobora gutangira ukabashimira mukinyabupfura, nanyuma ukazafata umwanya ukoherereza ubutumwa bugufi burumwe mubakubajije ibibazo, ibi ni ingenzi kuko bituma ukomeza kugira isura nziza mumaso yabo

2017-03-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kagame muri Africa y’Epfo yavuze ko u Rwanda rukeneye abashora imari mu buhinzi

Kagame muri Africa y’Epfo yavuze ko u Rwanda rukeneye abashora imari mu buhinzi

Ubwanditsi 11 Nov 2019
Perezida Kagame yavuze ku bwiyongere bw’abaturage, EAC, demokarasi n’ibindi

Perezida Kagame yavuze ku bwiyongere bw’abaturage, EAC, demokarasi n’ibindi

Ubwanditsi 11 Dec 2019
BRD imaze kugaruza miliyari 10 muri 70 Frw yishyuza abarihiwe na leta muri Kaminuza

BRD imaze kugaruza miliyari 10 muri 70 Frw yishyuza abarihiwe na leta muri Kaminuza

Ubwanditsi 18 Jul 2019
Impamvu BNR yasheshe Ikigo cy’Imari ‘CAF Isonga Ltd’

Impamvu BNR yasheshe Ikigo cy’Imari ‘CAF Isonga Ltd’

Ubwanditsi 07 Sep 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR FC na AS Kigali zabonye amanota atatu, Rayon Sports inganya na Marines FC muri shampiyona y’u Rwanda ya 2020-2021
Amakuru

APR FC na AS Kigali zabonye amanota atatu, Rayon Sports inganya na Marines FC muri shampiyona y’u Rwanda ya 2020-2021

Ubwanditsi 14 Jun 2021
Cameroun: Ikipe y’amagare y’u Rwanda yarokotse impanuka ikomeye
IMIKINO

Cameroun: Ikipe y’amagare y’u Rwanda yarokotse impanuka ikomeye

Ubwanditsi 30 Sep 2018
Imicungire yihariye y’umutekano wa Perezida w’u Bushinwa witegura gusura u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Imicungire yihariye y’umutekano wa Perezida w’u Bushinwa witegura gusura u Rwanda

Ubwanditsi 16 Jul 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru