Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga John Kerry,yatangaje ko azagenderera u Rwanda mu matariki ya 13 na 14 Ukwakira 2016, aho azitabira ...
Soma »
Mu gitondo umuryango wa Senateri Jean de Dieu Mucyo, abo bakoranye, abo bakoranaga, inshuti ze n’abandi bamuzi n’abacitse ku icumu bose bazindukiye ku rugo rwe ...
Soma »
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabagendwa, mu Murenge wa Rilima, ari mu maboko ya Polisi aho akekwaho ibyaha byo guhishira no kwaka ruswa abateka n’abacuruza kanyanga ...
Soma »
Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko nta bushotoranyi cyakoze bwo gutera mu ntara ya Ngozi mu Burundi. U Rwanda ruravuga ko ibirego by’u Burundi nta shingiro ...
Soma »
Abakuriye amashyirahamwe atwara abagenzi mu modoka mu Ntara y’Iburasirazuba, ndetse n’abatwara abagenzi kuri moto no ku magare mu karere ka Rwamagana basabwe kugira imyitwarire myiza ...
Soma »
“Igiti kigororwa kikiri gito”, uyu ni umugani wa kinyarwanda werekana ko umwana kuva akiri muto aba agomba kwitabwaho bigakorwa bwa mbere n’ababyeyi be ubwabo. Cyakora ...
Soma »
Senateri Jean de Dieu Mucyo witabye Imana mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 3 Ukwakira 2016, azaherekezwa mu cyubahiro ejo kuwa Gatanu tariki 7 Ukwakira ...
Soma »