• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Eric Omondi yashyize hanze amashusho abambye ku musaraba ateza impaka mu bafana bamukurikira

Eric Omondi yashyize hanze amashusho abambye ku musaraba ateza impaka mu bafana bamukurikira

Ubwanditsi 03 Dec 2016 IMIKINO

Iyi foto ya Eric Omondi abambye ku musaraba yavugishije abamukurikira benshi kuri Instagram nkuko Inyarwanda ibivuga, bamwe bavuga ko bidasekeje ahubwo ari gukinisha Imana abandi bavuga ko nta gikomeye kirimo cyane cyane ko kuri iyi foto yari yiyise igisambo cyabambanwe na Yezu/Yesu.

-4901.jpg

Eric Omondi ni umunyarwenya w’umunyakenya umaze kubaka izina rikomeye cyane cyane muri Afurika y’Uburasirazuba, amaze igihe akora imishinga yo gukora amashusho aho aba agerageza kugaragaza imibereho n’imigenzereze ya benshi mu byamamare bo muri Afurika y’Uburasirazuba, yabyise ‘How To Be’, asubiramo kandi n’indirimbo z’abahanzi akagenda ahindura ibintu bimwe na bimwe mu buryo busekeje, ubu akaba yari ari gusubiramo indirimbo ya Sauti Sol yitwa Kuliko Jana, akaba we yarayise ‘Kuliko Jana Refix’.

Mbere y’uko aya mashusho ajya hanze yakoresheje ifoto imugaragaza abambye ku musaraba mu rwego rwo guteguza abantu, uyu musaraba uba wanditseho hejuru ngo “mwizi forgiven” tugenekereje mu Kinyarwanda bivuze ngo “umujura yarababariwe” nuko yandika no hasi umurongo wo muri Bibiliya Luka 23: 42-43 aho Yezu/Yesu abwirwa n’umwe mu bisambo byari bibambanwe nawe ngo azamwibuke nagera mu bwami bwe Yezu/Yesu akamusubiza ko bari bube bari kumwe muri paradizo.

Abantu bahise bamusamira hejuru, bamwe bamushyigikira abandi bamunenga. Umwe ati “Hari ibintu utagakwiye gukinisha, ibi ukoze ni kimwe muri byo, warenze umupaka, ntibisekeje”. Undi ati “Hari imipaka muvandimwe. Ntibikwiye kuzana ibintu by’imikino ku bijyanye n’umusaraba”. Hari n’abamushyigikiye bati “Abantu namwe ntimugakabye, yanditseho ko ari igisambo ku musaraba, nta kibazo kibirimo” undi nawe ati “Hari igitabo cya Ngugi Wa Thiong’o cyitwa kuriya, mworoshye ibintu”

Abantu bahise bamusamira hejuru, bamwe bamushyigikira abandi bamunenga. Umwe ati “Hari ibintu utagakwiye gukinisha, ibi ukoze ni kimwe muri byo, warenze umupaka, ntibisekeje”. Undi ati “Hari imipaka muvandimwe. Ntibikwiye kuzana ibintu by’imikino ku bijyanye n’umusaraba”. Hari n’abamushyigikiye bati “Abantu namwe ntimugakabye, yanditseho ko ari igisambo ku musaraba, nta kibazo kibirimo” undi nawe ati “Hari igitabo cya Ngugi Wa Thiong’o cyitwa kuriya, mworoshye ibintu”

-4902.jpg


2016-12-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Huye :Amavubi yabuze amanota atatu ku munota wa nyuma

Huye :Amavubi yabuze amanota atatu ku munota wa nyuma

Ubwanditsi 19 Nov 2018
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ya Volleyball rifatanyije na Rwanda Revenue Authority hateguwe irushanwa ryo gushimira abasora neza

Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ya Volleyball rifatanyije na Rwanda Revenue Authority hateguwe irushanwa ryo gushimira abasora neza

Ubwanditsi 15 Nov 2022
Kiyovu Sports yasibye amateka mabi yari imaranye imyaka itandatu, itsinda Rayon Sports

Kiyovu Sports yasibye amateka mabi yari imaranye imyaka itandatu, itsinda Rayon Sports

Ubwanditsi 03 Dec 2018
Amavubi ngo agiye muri CECAFA kurushaho kwitegura CHAN

Amavubi ngo agiye muri CECAFA kurushaho kwitegura CHAN

Ubwanditsi 26 Nov 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mu rwego rwo kwitegura igikombe cya Afurika 2022, ikipe y’igihugu ya Senegal na Guinée Conakry bazakorera umwiherero mu Rwanda
Amakuru

Mu rwego rwo kwitegura igikombe cya Afurika 2022, ikipe y’igihugu ya Senegal na Guinée Conakry bazakorera umwiherero mu Rwanda

Ubwanditsi 14 Dec 2021
Barasabwa gukomeza kwandika kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu Mahanga

Barasabwa gukomeza kwandika kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 13 Apr 2016
Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo
IMIKINO

Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Ubwanditsi 01 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru