Icyizere cy’uko Jenoside itazongera kubaho mu Rwanda, nticyivuze ko abayigizemo uruhare cyangwa ababashyigikiye, baretse umugambi wo kurimbura u Rwanda
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yashimiraga abifatanyije n’u Rwanda mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi yagize ati “Ndagira ngo ... Soma »